Abahanzi Chryso Ndasingwa na Sharon Gatete aheruka kwambika impeta y’urukundo, basezeranye imbere y’amategeko

Abahanzi Chryso Ndasingwa na Sharon Gatete aheruka kwambika impeta y’urukundo, basezeranye imbere y’amategeko, mu gihe bakomeje imyiteguro yo kurushinga. Aba bombi basezeraniye mu Murenge wa Kinyinya mu Karere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali, kuri uyu wa Kane tariki 4 Nzeri 2025. Aba bombi bari kwitegura kurushinga mu birori biteganyijwe ku wa 22 Ugushyingo 2025. […]