Nyamata:Ibiyobyabwenge byugarije abasenga n’abadasenga-Abadiventisiti babigenzuye babifatira ingamba

Mu rwego rw’ibikorwa bitegurwa mu materaniro makuru aba mu kwezi kwa Kanama, ukwezi gusoza umwaka w’Abadivantisiti b’umunsi wa karindwi mu Rwanda, abizera bagize intara y’ivugabutumwa ya Nyamata babonye ko ibiyobyabwenge byugarije abasenga n’abadasenga, iyo akaba ari yo mpamvu hatanzwe ubutumwa bwo kubirwanya mu rubyiruko. Umurerwa Lyse, umwe mu rubyiruko rwari muri ayo materaniro, yavuze ko […]