Korali Agape ya ADEPR Nyarutarama yakoze Igiterane cyasize amateka biyemeza kugeza inkuru ya Yesu kure hashoboka (Amafoto)

Mu mpera z’icyumweru gishize taliki ya 2 na 3 Kanama 2025 ,Korali Agape ikorera umurimo w’Imana mw’itorero rya ADEPR Nyarutarama yakoze igitaramo cy’amateka cyari gifite intego yo gufata amashusho y’indirimbo zayo (Live Recoding) no gukora ivugabutumwa mu ntego yo gushima Imana no gushakira Yesu iminyago. Yesu ajya kujya mw’ijuru yasize abwiye abigishwa be ko inshingano […]
Omega Church yunguye u Rwanda ishuri ryiza ry’inshuke n’amashuri abanza bitazatana n’indangagaciro za Gikirisitu

Ubuyobozi bw’Itorero Omega Church bwatangaje ko bugiye gufungura ishuri ry’inshuke n’amashuri abanza ryiswe ‘Daniel Generation School’(DGS), aho bazibanda gutanga uburezi bufite ireme zishingiye ku ndangagaciro za Gikirisitu. Omega Church yabitangaje ku wa 7 Kanama 2025, mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru, isobanura ko iri shuri rizafungura muri Nzeri 2025 mu mwaka w’amashuri wa 2025/2026. Ni ishuri rizaba […]
Umushumba Mukuru wa ADEPR,Pastor Hortense Mazimpaka na Korali Jehovah Jileh bazafasha korali Impanda kwizihiza isabukuru y’imyaka 30

Amakorali atandukanye arimo Jehovah Jireh Choir, n’abakozi b’Imana barimo Rev Isaie Ndayizeye, bategerejwe mu igitaramo gikomeye batumiwemo na Korali Impanda ya ADEPR SGEEM mu kwizihiza isabukuru y’imyaka 30 y’ubuhamya, indirimbo n’ivugabutumwa. Iki gitaramo cyiswe “Edot Concert & 30 Years Anniversary” kizaba tariki 21-24 Kanama 2025, kuri ADEPR SGEEM. Cyubakiye ku Cyanditswe cyo muri Yohana 15:27 […]
Apostle Kakooza Henry Wynn yabwiye Abashumba bo mu Rwanda icyo bakora Leta ntibafungire insengero

Apostle Kakooza Henry Wynn guturuka mu gihugu cya Uganda akaba uhagarariye Church Renewal muri Afurika yabwiye abashumba bo mu Rwanda ko impamvu Leta ibafungira insengero aruko uruhare rwabo mu gufasha abaturage baho bakorera ruba rutagaragaye cyane ahubwo itorero rikiyitaho ubwaryo. Ibi yabivuze kuri uyu wa gatatu taliki ya 09 Kanama 2025 abivugira i Kanombe kw’itorero […]