Rev.Dr Silas Kanyabigega aragusobanurira amateka y’ahantu Yesu yabatirijwe

Rev.Dr Silas Kanyabigega aragusobanurira amateka y’ahantu Yesu yabatirijwe

Rev.Dr.Silas Kanyabigega umukozi w’Imana uzwiho gutanga ubutumwa butandukanye abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ndetse no mu bitabo yandika ,uyu munsi yasobanuye amateka y’ahantu Yesu yabatirijwe. Uyu mushumba yatangiye avugako Ahantu hatoranijwe n’Imana kugirango iherekere Mesiya ubwoko bwayo ni mu kibaya cyo hepfo cya Yorodani. Muri ako gace, ni hafi cyane y’ahantu amazi yigabanijemo kabiri imbere ya […]

Uvuga ko umugore adakwiye kuba Umushumba ni umuyobe udakwiye kuvuga inkuru z’umuzuko wa Kristo-Pastor TUYIZERE Jean Baptiste

Uvuga ko umugore adakwiye kuba Umushumba ni umuyobe udakwiye kuvuga inkuru z’umuzuko wa Kristo-Pastor TUYIZERE Jean Baptiste

Imwe mu ngingo yazamuye impaka za ngo turwane ku mbuga nkoranyambaga ni iy’uko mu itorero rya ADEPR abagore bagiye gusengerwa ku kuba abashumba (Abapasitori) kugeza ubwo bamwe mu bitwa abakristo batinyutse gutuka umushumba wabo ngo ni agapupi. Iyobokamana.rw yagiye iganira n’abantu batandukanye cyane cyane biganjemo inararibonye mubyo iyobokamana (Aba Theologie ) ibabaza icyo bavuga kuri […]

Umuramyi Fabrice Nzeyimana yateguje indirimbo y’ibihe byose yifuza ko aramutse atakiriho yahagararira izindi muzo yakwibukirwaho

Umuramyi Fabrice Nzeyimana yateguje indirimbo y’ibihe byose yifuza ko aramutse atakiriho yahagararira izindi muzo yakwibukirwaho

Umuramyi Fabrice Nzeyimana asanzwe ayoboye itsinda ribarirwamo abaramyi batandukanye muri Africa yatanze ubutumwa buteguza indirimbo nshya yise “Ibyiringiro (Ivyizigiro) ” yavuzeko kuriwe ariyo ndirimbo y’ibihe byose ndetse avugako niyo yaba atakiriho ariyo yazahagararira izo abantu bazajya bamwibukiraho. Ibi uyu muririmbyi w’umunyagikundiro kinshi aterwa n’ubuhanga n’umuhate akunda umurimo w’Imana kandi byose akabikora yicisha bugufi yabitangaje abinyujije […]