Prof.Bishop Fidele Masengo wizihije isabukuru ni mu ntu ki mu ruhando rwa Gospel ?

“Abayobora benshi ku gukiranuka bazabengerana nk’inyenyeri iteka ryose.” – Daniyeli 12:3 Uyu munsi ni umunsi udasanzwe ku itorero CityLight Foursquare Gospel Church n’umuryango mugari w’abizera mu kwizihiza isabukuru y’amavuko ya Bishop Prof.Fidèle Masengo. Aho Atari ukwishimira imyaka amaze ku isi gusa, ahubwo ari umwanya mwiza wo kwerekana igisobanuro cy’ubuzima bwe mu bantu bari hafi ye… […]
Yesu ntiyagaruka ubutumwa bwiza hari aho butaragera-Impamvu yo kudacikwa igiterane cyo gusengera isi kuri ADEPR Gasave-Amakorali nka Jehovah Jileh,Siloam n’Abacunguwe ziriteguye (Harabura iminsi 2 )

Mu gihe hirya no hino kw’isi hakomeje kuba ibibazo by’intambara zugarije isi nyamara nubwo Yesu yavuzeko mu munsi y’imperuka intambara n’ibibazo biziyongera mw’isi ariko nabwo ntitwakwirengagiza ko atagaruka mu gihe ubutumwa bwiza bwa Yesu Kirisito hari ibice butarageramo bityo abera b’Imana bakwiriye gusengera isi yacu kugira ngo Imana iyihe amahoro maze ivugabutumwa risakare hose. Nkuko […]
Kabarondo:Korali Umurwa wera ya ADEPR Rutagara yashimangiye ineza Imana igirira abayubaha mu ndirimbo bise “Kuro “(Video)

Korali Umurwa wera ikorera umurimo w’Imana mw’itorero rya ADEPR, ururembo rwa Nyagatare ,Paruwasi ya Kabarondo ,itorero rya Rutagara yashimangiye ineza Imana igirira abantu bayubaha babinyujije mu ndirimbo bise ngo “Kuro “. Umuyobozi wa Korali Umurwa wera Bwana Camarade Jean Pierre aganira na IYOBOKAMANA yavuzeko buzuye amashimwe ku Mana kuko uko iminsi ishira bagenda batera intambwe […]
Byamenyekanye ko mu bukwe bwa Vestine hari agaseke kazapfundurirwa abazabwitabira

Ubukwe bw’umuhanzikazi Ishimwe Vestine, umwe mu baririmbyi b’amazina akomeye mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, buzaba urwibutso rudasaza. Si ukuvuga gusa ku isezerano rizakorerwa imbere y’Imana, ahubwo ni uko muri uwo munsi w’ibyishimo, azahuriza hamwe urukundo n’ubusangirangendo mu muziki, amurika bwa mbere indirimbo ‘Emmanuel’, yakoranye na murumuna we Kamikazi Dorcas. Uyu muhango uteganyijwe ku […]