Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda urashishikariza abasomyi ba Bibiliya kwirinda ingengabitecyerezo ya Jenocide

Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda urashishikariza abasomyi ba Bibiliya kwirinda ingengabitecyerezo ya Jenocide

Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda utangaza ko abakomeye bakomeza abatarakomera biturutse kuri Jenoside yakorewe Abatutsi yahitanye abasaga miliyoni mu minsi 100 gusa. Pasteur Viateur Ruzibiza, Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda, yabigarutseho mu kiganiro uyu muryango wagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa Mbere tariki 09 Kamena 2025. Yabivuzeho ubwo yatangazaga gahunda Umuryango wa Bibiliya mu […]