Menya ibikurikizwa mu gutora Papa wa Kiliziya Gatolika

Menya ibikurikizwa mu gutora Papa wa Kiliziya Gatolika

Amategeko ya Kiliziya Gatolika ateganya ko hari ibigomba gukorwa mu gihe cyo gutora Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika ku Isi iyo yitabye Imana cyangwa yeguye. Iyo Papa yitabye Imana cyangwa yeguye, Kiliziya Gatolika ijya mu gihe cyitwa Sede Vacante. Muri icyo gihe, ubuyobozi bwa Kiliziya buyoborwa n’Inama y’Abakaridinali (College of Cardinals) baturutse hirya no hino […]

Rubavu:Alexis Dusabe yatunguwe n’abana bavuye mu muhanda baririmbana indirimbo ze

Rubavu:Alexis Dusabe yatunguwe n’abana bavuye mu muhanda baririmbana indirimbo ze

Umuhanzi Alexis Dusabe urimo gutegura indirimbo zizasohoka ku muzingo azamurika tariki ya 3 Kanama 2025, yasuye ‘Incredible Kids Academy’, abana bakuwe mu muhanda bagasubizwa mu ishuri mu Karere ka Rubavu.9 Avugana na Kigali Today dukesha iyi nkuru,Alexis Dusabe yatangaje ko ari mu rugendo rutegura kwizihiza imyaka 25 akorera Imana, kandi rujyana no gusohora indirimbo buri […]

Korali Hoziana yasohoye indirimbo nshya mu rurimi rw’Igiswahili yitwa “Kaa Nami” – Isengesho rikomeye ryo kugumana na Yesu Kristo

Korali Hoziana yasohoye indirimbo nshya mu rurimi rw’Igiswahili yitwa “Kaa Nami” – Isengesho rikomeye ryo kugumana na Yesu Kristo

Korali Hoziana izwi cyane mu ndirimbo zihimbaza Imana kandi ikorera ku itorero rya ADEPR Nyarugenge, yashyize hanze indirimbo nshya yitwa “Kaa Nami” mu rurimi rw’Igiswahili. Iyi ndirimbo ni isengesho ryiza risaba Umukiza Yesu kugumana natwe. NKuko biri mu ntego za Korali Hozianna muri iki gihe dusohoyemo bafite gahunda yo gukora indirimbo mu ndimi zitandukanye aha […]