Richard Nick Ngendahayo, yashyize hanze indirimbo ye nshya yise “Uri Byose Nkeneye”

Richard Nick Ngendahayo, yashyize hanze indirimbo ye nshya yise “Uri Byose Nkeneye”

Umuramyi mpuzamahanga w’umunyarwanda, Richard Nick Ngendahayo, yashyize hanze indirimbo ye nshya yise “Uri Byose Nkeneye”, ubu ikaba iboneka ku YouTube no ku mbuga zose zicuruza umuziki. Yanaciye amarenga y’imishinga ikomeye mu muziki yiganjemo indirimbo nshya nyinshi n’ibindi bikorwa bitandukanye. Indirimbo “Uri Byose Nkeneye” yagiye hanze kuri uyu wa Kabiri tariki ya 22 Mata 2025. Nyuma y’imyaka […]

Vaticani yatangaje igihe Papa Francis azashyingurirwa

Vaticani yatangaje igihe Papa Francis azashyingurirwa

Vatican yatangaje ko umuhango wo gushyingura uwari Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis, uzaba ku wa 26 Mata 2025 Saa Yine. Urupfu rwa Papa Francis wari umaze imyaka 12 ayobora Kiliziya Gatolika ku Isi rwamenyekanye ku wa 21 Mata 2025. Yazize indwara yo guturika kw’imitsi y’ubwonko no guhagarara k’umutima. Kuri ubu aba-Cardinal […]

Apostle Mignonne Kabera yahuguye abakirisitu ko agaciro k’umusaraba wa Yesu kari mu bikorwa n’imigirire kuruta kubivuga

Apostle Mignonne Kabera yahuguye abakirisitu ko agaciro k’umusaraba wa Yesu kari mu bikorwa n’imigirire kuruta kubivuga

Apostle Mignonne Alice Kabera Umushumba mukuru w’umuryango wa Women Foundation Ministries akaba n’umushumba mukuru w’itorero rya Noble Family yahuguye Abakirisitu ko kugaragaza agaciro k’umusaraba wa Yesu bikwiriye kuba mu bikorwa n’imigirire kuruta kubivuga cyane kuko kora ndebe iruta cyane vuga numve. Iyi Ntumwa y’Imana, yatangiye isaba abakozi b’Imana ko bagomba gukizwa bamaramaje kugira ngo birinde […]