Uko ibyamamare bizafasha abakirisitu kwizihiza Pasika:Chryso Ndasingwa i Kigali,Patient Bizimana muri Montréal

Pasika ni umwe mu minsi mikuru y’ingenzi cyane mu buzima bw’abemera, aho bibuka urupfu n’izuka rya Yesu Kristo. Uretse kuba umwanya wo gusenga no kwibuka igitambo cy’agakiza, ni n’igihe cy’umunezero, gusabana no kuruhuka. Ku isi yose, abahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bagira uruhare rukomeye mu gufasha abantu kwizihiza uyu munsi, babinyujije mu bitaramo […]
Richard Nick Ngendahayo agarukanye indirimbo nshya yise ngo “Uri byose nkeneye”

Nyuma y’imyaka irenga 15 atari mu Rwanda, umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Richard Nick Ngendahayo, yongeye kugarukana imbaraga mu muziki wa Gospel. Uyu muhanzi w’Umunyarwanda uba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, wamenyekanye cyane binyuze muri Album ye “Niwe”, ari gutegura Album ye ya gatatu itegerejwe na benshi. Richard Nick Ngendahayo umunyabigwi mu […]
Chryso Ndasingwa yijeje Abanyarwanda uburyohe busendereye mu gitaramo ari bukore ejo kuri Pasika

Chryso Ndasingwa witegura gutaramira Abanyarwanda kuri Pasika mu gitaramo ‘Easter Experience’, we n’abaramyi bazafatanya bateguje abantu kuzabaha ibyishimo bisendereye mu gitaramo kizaba kigamije kwishimira izuka rya Yesu Kristo. Ni igitaramo kizaba ku Cyumweru tariki 20 Mata 2025, kikazabera i Rusororo kuri Intare Conference Arena. Chryso Ndasingwa, ugiye gukora igitaramo bwa mbere kuri Pasika, avuga ko […]
Filimi 10 wareba mu gihe cyo kwizihiza Pasika

Mu gihe turi mu minsi yo kwizihiza izuka rya Yesu, hari filimi nyinshi zo kureba kugira ngo zigufashe mu kwizihiza umunsi mukuru w’izuka rya Yesu. Ni inkuru idasanzwe y’ubuzima bw’umwana w’Imana yanditswe mu bitabo byinshi ndetse abantu benshi bakina filimi zigaragaza urugendo rwe ku Isi kugera yitabye Imana. Muri izo filimi, harimo; 1. The Passion of […]
Pasika:Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yatunguranye aheka umusaraba

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yagiye kwifatanya n’Abakiristu Gatolika b’i Burundi mu nzira y’umusaraba no kuzirikana ububabare bwa Yezu Kristu, by’umwihariko na we aheka umusaraba. Ku wa 18 Mata 2025, Abakiristu Gatolika bizihije uwa Gatanu Mutagatifu, bazirikana ububabare bwa Yezu umucunguzi wabo, ndetse bakanaramya umusaraba yabambweho kugira ngo abacungure. Ni imihango yakozwe ku Isi hose. […]
Tonzi yashiyze hanze amashusho y’indirimbo ‘Omushagama’ iri mu Kinyankole

Umunyabigwi mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, Tonzi yashiyze hanze amashusho y’indirimbo ‘Omushagama’ iri mu Kinyankole avuga ko yayikoze mu rwego rwo kwagura ivugabutumwa mu bavuga Ikinyankole. Ni indirimbo yashyize hanze kuri uyu wa gatanu wera mu gihe abakirisitu ku Isi hose bazirikana umubabaro Yesu yanyuzemo kugera ngo acungure abizera ndetse n’abataramwizeye. Iyi ndirimbo […]