Umuramyi Jesca Mucyowera agiye yateguye igiteramo yasabwe n’abakunzi be

Umuramyi Jesca Mucyowera agiye yateguye igiteramo yasabwe n’abakunzi be

Umuramyi Jesca Mucyowera, yumvise icyifuzo cy’abakunzi b’indirimbo ze ategura igitaramo cyihariye cyo kuramya no guhimbaza Imana yise “Restoring Worship Experience Live Concert” kizaba ku Cyumweru tariki 21 Nzeri 2025. Mu myaka 5 ishize Jesca Mucyowera ubwo yafataga umwanzuro wo kuririmba ku giti cye, ni inkuru yaryoheye cyane abari basanzwe bamukunda muri Injili Bora. Bamweretse urukundo […]

Ku nsengero zitandukanye ubu harabarizwa amatike y’igitaramo cya Chriso Ndasingwa

Ku nsengero zitandukanye ubu harabarizwa amatike y’igitaramo cya Chriso Ndasingwa

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Chryso Ndasingwa, ageze kure imyiteguro y’igitaramo gikomeye yise “Easter Experience”, kizaba ku itariki ya 20 Mata 2025 mu Intare Arena. Iki gitaramo kizaba umwanya udasanzwe wo kwizihiza izuka rya Yesu Kristo, binyuze mu ndirimbo ziramya Imana, zigaragaza ubumuntu n’ubwiza bw’umuziki wa Gospel. Amatike y’iki gitaramo harimo ay’iihumbi 10 […]

Ubuyobozi bw’Itorero Angilikani mu Rwanda bwasabye abayoboke baryo kurwanya ingengabitecyerezo ya Jenoside

Ubuyobozi bw’Itorero Angilikani mu Rwanda bwasabye abayoboke baryo kurwanya ingengabitecyerezo ya Jenoside

Ubuyobozi bw’Itorero Angilikani mu Rwanda bwasabye abayoboke baryo gushyira mu bikorwa gahunda zo kwibuka no kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside. Byatangarijwe mu mwiherero wahuje Abepisikopi bose b’Itorero Angilikani mu Rwanda (EAR) n’abafasha babo, kuva ku wa 2-5 Mata 2025. Itangazo ryasohotse nyuma y’uyu mwiherero rivuga ko biyemeje gushishikariza abayoboke ba EAR n’Abanyarwanda muri rusange kwitabira ibikorwa […]