U Rwanda rwabujije imiryango itari iya leta gukorana n’u Bubiligi

U Rwanda rwabujije imiryango itari iya leta gukorana n’u Bubiligi

Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rwabujije imiryango itari iya Leta yaba iyo mu gihugu na mpuzamahanga, Imiryango ishingiye ku myemerere n’imiryango igamije inyungu rusange yanditse inakorera ku butaka bw’u Rwanda, kugirana imikoranire iyo ari yo yose na Guverinoma y’u Bubiligi cyangwa ibigo biyishamikiyeho. Ni itangazo ryatangajwe kuri uyu wa 27 Werurwe 2025, aho urwo rwego rwatangaje […]

Rev.Ndayizeye Isaie wa ADEPR yunze mu rya Perezida Kagame ku kibazo cy’insengero zafunzwe

Rev.Ndayizeye Isaie wa ADEPR yunze mu rya Perezida Kagame ku kibazo cy’insengero zafunzwe

Ku itariki ya 31 Nyakanga 2024, mu Karere ka Musanze honyine hakozwe igenzura hagamijwe kureba ubuziranenge bw’insengero, iri genzura, ryagaragaje ko Insengero zigera kuri 185 zakoraga ariko zitujuje ibisabwa. Muri rusange igenzura ryakozwe kuva muri Nyakanga kugeza mu Ukwakira 2024 ryagaragaje ko insengero 14,094 zagenzuwe, ariko 9,880 murizo zirafungwa kubera kutuzuza ibisabwa. Mu masengesho yo […]

SEE Muzik yasohoye indirimbo ‘Run No More (Ntuhunge Gukira)’ – Ijwi rikomanga ku mutima wawe

SEE Muzik yasohoye indirimbo ‘Run No More (Ntuhunge Gukira)’ – Ijwi rikomanga ku mutima wawe

Ku wa 20 Werurwe 2025, umuhanzi wiyeguriye kuririmba indirimbo zamamaza Ubutumwa Bwiza, SEE Musik, yashyize hanze indirimbo yise “Run No More” ikubiyemo ubutumwa bw’imbabazi n’urukundo rw’Imana Ibaze waramaze igihe kinini uhunga urukundo, ariko rugakomeza kugushakisha. Ibaze ‘gukira’ kwarakomeje kugusanga, kukongorera, kuguhamagara mu izina ryawe. Ibi ni byo SEE Muzik agarukaho mu ndirimbo ye nshya Run No […]

Papa Francis agiye gusezererwa mu bitaro nyuma y’ukwezi kurenga arwaye

Papa Francis agiye gusezererwa mu bitaro nyuma y’ukwezi kurenga arwaye

Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis, nyuma yo kumara hafi ukwezi n’igice mu bitaro aho yari ari kuvurirwa indwara z’ubuhumekero, arasezererwa kuri iki Cyumweru. Ibi byatangajwe ku wa 22 Werurwe 2025, n’umuganga uyoboye itsinda ry’abari bamaze iminsi bari kwita kuri Papa Francis, Dr. Sergio Alfieri mu bitaro bya Gemelli, bimwe mu bikomeye biherereye […]

Abepiskopi Gatolika mu Rwanda basabye Leta gufungurirwa kiliziya zujuje ibisabwa

Abepiskopi Gatolika mu Rwanda basabye Leta gufungurirwa kiliziya zujuje ibisabwa

Kiliziya Gatolika mu Rwanda yatangaje ko igiye gusaba Leta ko za kiliziya zifunzwe ariko zamaze kuzuza ibisabwa zafungurwa. Byavuye mu myanzuro y’Inteko Rusange ya 173 y’inama isanzwe y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda yateranye iminsi itatu kuva ku wa 11-14 Werurwe 2025. Ni inama yahuje Abepiskopi batandukanye, iyoborwa na Arkiyepiskopi wa Kigali akaba na Perezida w’Inama y’Abepiskopi […]

Abakirisitu ntabwo ari ibicuruzwa- Kazaire wa RGB ku madini n’amatorero

Abakirisitu ntabwo ari ibicuruzwa- Kazaire wa RGB ku madini n’amatorero

Ubugenzuzi bwakozwe muri Nyakanga 2024 ku madini n’amatorero bwagaragaje ko abayobozi bayo bahora mu bihe byo gusaba amafaranga abaturage bitewe n’ibikorwa baba bagiye gukora. Umuyobozi w’Ishami rishinzwe Imitwe ya Politiki na Sosiyete Sivile muri RGB, Kazaire Judith, yatangaje amadini yaka abantu amafaranga kuri buri kantu gakenewe, nyamara yakabaye akora igenamigambi rinoze. Ati “Ikindi cyagaragaye ni […]