Korali Horebu ya ADEPR Kimihurura yashimangiye Ubuhambare bw’izina rya Yesu -Video

Korali Horebu ikorera umurimo w’Imana muri ADEPR Kimihurura yashyize hanze indirimbo nshya yise ‘Yesu Niwe Zina’, ikubiyemo ubutumwa bukomeye bushimangira ko izina rya Yesu ari ubuzima ku baryizera, kuko ritanga amahoro. Iyi ndirimbo yamaze kugera ahagaragara ikomeje kwakirwa neza n’abakunzi ba Horebu Choir, ndetse n’abandi bakunda indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana. Ni indirimbo nziza […]
Ngiri isano ubuzima Pastor Jotham Ndanyuzwe yakuriyemo bikamuviramo kuba umwanditsi mwiza w’ibitabo Nyobokamana

Nakuriye mu muryango w’abakristo no mu idini aho twabwirwaga ko gusenga no gukora ibyiza byafatwaga nk’ishingiro rya gakiza. Kuva nkiri umwana, nabwiwe ko gusenga gukora Imirimo bizampesha ijuru. Nakuriye mu idini, kandi mfite uburere bwiza. Nemeraga rwose ko nugendera muri ibyo neza, uzagororerwa ijuru, kuko ari byo twigishijwe ndetse na n’ubu biracyigishwa. Natekerezaga ko agakiza […]
Nyamasheke:Ihuriro ry’Ababyeyi bashinze Kaminuza ya Kibogora Polytechnic ryandikiye Ibaruwa ikomeye Musenyeri wa Methodiste (EMLR) bamenyesha Perezida wa Repubulika

Haciye iminsi itari mike hari ubwumvikane buke hagati y’ihuriro ry’Ababyeyi ryitwa Association des Parents Methodistes Libres pour la Promotion de l’Education (APMLPE) na Methodiste Libre batumvikana kubijyanye na nyiri shuri rya Kaminuza ya Kibogora Polytechnic aho aba babyeyi bashinja itorero gushaka kubahuguza iri shuri batangije bivuye mu mvune z’ababyeyi. IMw’Ibaruwa IYOBOKAMANA dufitiye Copie yandikiwe Musenyeri […]